Rwanda Writers Federation
@RwandaWriters
Followers
577
Following
184
Media
190
Statuses
347
The hidden richness is between white gold sheets containing the source of wisdom
Joined June 2020
Happy New Year to all Writers and Partners of Rwanda Writers Federation.
1
0
0
HAPPENING NOW Chairman w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda Richard Hategekimana arimo kongerera ubumenyi bwo kwandika ibitabo abanyeshuri ba UR-RUKARA. Mwalimu Richard yashimiye cyane Kaminuza ya UR-Rukara kubw’urukundo rw’abana b’u Rwanda.@HEC_Rwanda @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
1
5
Chairman w’Urugaga rw’abanditsi mu Rwanda -Richard Hategekimana nyuma yo Guhugura Abanyeshuri ba UR-RUKARA bahise bashinga Club yo Gusoma no kwandika ibitabo ndetse batora abayobozi babo @PrimatureRwanda @Rwanda_Edu @HEC_Rwanda
0
1
5
THE TEACHER AS A NATION BUILDER: VALUES THAT SHAPE GENERATIONS Nyuma yo guhugura abanyeshuri ba UR-RUKARA biyemeje kwandika igitabo :”THE TEACHER AS A NATION BUILDEr: VALUES THAT SHAPE GENERATIONS @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda @HEC_Rwanda
0
1
6
Ku wa Mbere tariki ya 15 Ukuboza 2025 Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda ruzahugura abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Rukara.Bazunguka ubumenyi bwo kwandika ibitabo aho bazahugurwa na Chairman w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda-Richard Hategekimana @Rwanda_Edu @HEC_Rwanda
0
0
1
AMAHUGURWA MURI UR-RUKARA CAMPUS Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15.12.2025 Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda ruzahugura Abanyeshuri ba UR-RUKARA Campus. Ni Amahugurwa azabongerera ubumenyi bwo kwandika no Gusoma ibitabo.@HEC_Rwanda @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
0
6
Igitabo kizandikwa n’abanyeshuri ba EAUR-Kigali nyuma y’Amahugurwa bahawe gifite Insanganyamatsiko igira iti:”GUEST FIRST ,ALWAYS FAIR: THE HOSPITALITY PROFESSIONAL’S CODE OF ETHICS “. Aba banyeshuri ni abo gushimirwa.@HEC_Rwanda @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
0
4
Abanyeshuri ba EAUR-Kigali nyuma yo Guhugurwa biyemeje kwandikira u Rwanda ibitabo bitari bicye.@HEC_Rwanda @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
0
2
Abanyeshuri ba EAUR-nyuma yo kunguka ubumenyi bwo kwandika ibitabo biyemeje kwandikira u Rwanda @HEC_Rwanda @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
0
0
HAPPENING NOW AT EAST AFRICA UNIVERSITY RWANDA-KIGALI CAMPUS Uyu munsi hahuguwe abanyeshuri ba EAUR -Kigali. Bahuguwe na Richard Hategekimana Chairman w’Urugaga rw’abanditsi .Yashimiye Abanyeshuri uburyo bakurikiye neza Amahugurwa bakaba bangutse ubuhanga bwo kwandika ibitabo.
0
0
1
Ejo ku wa Kane tariki ya 11 Ukuboza 2025 hazahugurwa abanyeshuri biga EAST AFRICA UNIVERSITY-KIGALI CAMPUS. Dushimiye cyane Nyakubahwa Vice Chancellor Prof.KABERA Callixte kubwo gushyigikira Intore z’u Rwanda azifasha kunguka ubumenyi.@HEC_Rwanda @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
0
1
Abanyeshuri ba RP Musanze bafite Club yo Gusoma no Kwandika, bahora mu ngamba kandi bashishikariza bagenzi babo kwimakaza umuco wo Gusoma no Kwandika. Hanashyizweho Technical Team iyobowe na Guild President izayobora igikorwa cyo Kwandika amateka y’Intara y’Amajyaruguru
1
0
3
Abanyeshuri ba RP Musanze turabashimiye.Batangiye kwandika igitabo kigaragaza UBUDASA bw’Intara y’Amajyaruguru.Chairman w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda Richard Hategekimana yashimiye cyane Kaminuza ya RP Musanze kubw’Urukundo rw’abana b’u Rwanda.@Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
0
4
Abanyeshuri ba RP Musanze nyuma yo guhabwa amahugurwa bahuguwe na Chairman w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda Richard Hategekimana biyemeje gukomeza imihigo yo kwandikira u Rwanda @PrimatureRwanda @Rwanda_Edu
0
0
0
HAPPENING NOW Muri Kaminuza ya RP Musanze hari kubera amahugurwa yo Gusoma no kwandika ibitabo. Chairman w’Urugaga rw’abanditsi Richard Hategekimana niwe urimo guhugura abanyeshuri ba RP Musanze.
0
1
5
AMAHUGURWA AGENEWE ABANYESHURI BA RP-MUSANZE Uyu Munsi, ku wa 2 Ukuboza 2025, Urugaga rw’Abanditsi rurahugura abanyeshuri ba RP-MUSANZE. Ni amahugurwa abongerera ubumenyi bwo kwandika no Gusoma ibitabo@ @Rwanda_Edu @PrimatureRwanda
0
0
3
Nyuma yaho Chairman w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda asoreje guhugura abanyeshuri ba ULK-GISENYI, biyemeje kwandika igitabo gifite insanganyamatsiko igira iti:”RUBAVU: GATEWAY OF BEAUTY AND POSSIBILITIES”. Ni igitabo kizamamaza ubwiza bw’u Rwanda kigafasha bamukerarugendo.
0
1
3
Congratulations to ULK-GISENYI. Chairman w’Urugaga rw’Abanditsi ,mubyo yashimiye Kaminuza ya ULK-Gisenyi harimo n’isuku hose mu kigo. Ni Kaminuza nziza ikeye ubona ko abarimo bakorera ahantu heza hari umwuka mwiza bahumeka Oxygen hakaba hafasha Abanditsi kwandikira aheza.
0
0
1