RadioTv10 Rwanda
@Radiotv10rwanda
Followers
469K
Following
9K
Media
48K
Statuses
72K
Official Account of Radio/TV10. Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Simply Rwandaful, Customer Care: +250784444444 [87.6 FM, 99.0 FM, 93.6 FM]
Kigali, Rwanda
Joined May 2011
Bamwe mu batujwe mu mudugudu uherereye mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko bamaze imyaka itanu batarahabwa ibyangombwa byazo kandi byagakwiye kubafasha kubona inguzanyo bakabona igishoro cyatuma babasha kugira icyo bakora. https://t.co/EPqxMAvHO6
radiotv10.rw
Bamwe mu batujwe mu mudugudu uherereye mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko bamaze imyaka itanu batarahabwa
2
0
4
A big congratulations to our 20 outstanding Staff who have successfully passed their RAF1 and RAF2 programmes! 🎉19 team members passed RAF1, and 1 passed RAF2. ✨ We are extremely proud of your hard work, resilience, and commitment to continuous learning. Your achievement
2
4
12
Rwanda’s Minister of Infrastructure, Dr. Jimmy Gasore, on Tuesday received a delegation from Ghana’s Parliamentary Committee on Sanitation and Water Resources, kicking off a benchmarking visit focused on sharing experiences and best practices in sanitation and water resource
2
0
9
Perezida wa Repubulika, Paul #Kagame; na we yageze i Washington D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za America, yitabiriye isinywa ry'amasezerano y'Amahoro hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi y'u Rwanda. https://t.co/ViQ0fwcRgE
radiotv10.rw
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame; na we yageze i Washington D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za America, yitabiriye isinywa ry'amasezerano
5
0
6
Mu Murenge wa Mukamira muri @NyabihuDistrict , hizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga, hibandwa ku nsanganyamatsiko yo gushyigikira umuryango udaheza. Guverineri w’intara y’Iburengerazuba yatangije umukino wa Boccia, ufasha gukangura ubwonko bw’abafite ubumuga bwo mu
1
0
4
FERWAFA, in collaboration with FIFA through the FIFA Forward Programme and partnering districts, has launched a major infrastructure project to construct four state of the art artificial football pitches across the country.
2
1
14
Perezida #Kagame yageze i Washington, D.C., aho yitabiriye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ateganyijwe gusinywa ku wa Kane imbere ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
2
0
13
U Rwanda ruri i Cannes mu Bufaransa mu Imurikabikorwa Mpuzamahanga ry’Ubukerarugendo (ILTM 2025), aho RDB n’abafatanyabikorwa bayo bari kumurika ibyiza nyaburanga by’Igihugu no gushimangira ubufatanye bugamije kwagura isoko ry’ubukerarugendo ku rwego mpuzamahanga.
1
1
16
Akarere ka Kirehe, umuhanzi Eric Senderi Hit, n'itsinda bafatanije gutegura, batangaje ko bateguye igitaramo cyitwa “Kirehe Twataramye” kizajya kiba ngaruka mwaka Tariki 27 Ukuboza buri mwaka kizajya kibera mu Karere ka Kirehe. Kuri iyi nshuro ya mbere igitaramo kizabera
0
1
15
Ubukangurambaga bwa Ejo Heza mu bamotari bwakomereje mu Karere ka Nyanza, aho Polisi, ubuyobozi bw’Akarere n’Umuyobozi ushinzwe ubukangurambaga muri RSSB bahaye abamotari ibisobanuro birambuye ku buryo bwo kwiyandikisha no kwizigamira hakoreshejwe telefone. Iki gikorwa
1
0
26
Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, umaze iminsi agarukwaho mu makuru y’imyidagaruro kubera amashusho ye yasakaye, ari kubarizwa ku Mugabane w’u Burayi ku mpamvu itaramenyekana neza. https://t.co/JCUSJDiEk1
radiotv10.rw
Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, umaze iminsi agarukwaho mu makuru y’imyidagaruro kubera amashusho ye yasakaye, ari kubarizwa ku Mugabane
9
1
63
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine #Tshisekedi Tshilombo yageze i Washington yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano y’amahoro, azashyirwaho umukono na we na Perezida Paul #Kagame w’u #Rwanda. https://t.co/p6teekzO4f
radiotv10.rw
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo yageze i Washington yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano y’amahoro, azashyirwaho
2
2
18
Mu bukangurambaga bwa Ejo Heza mu karere ka Rusizi, abamotari bagaragaje umwihariko mu kwiyandikisha, kwizigamira ndetse no gusubiza ibibazo byerekeranye n’imyitwarire yo kwizigamira. Aba bamotari bahize abandi mu kwitabira ibikorwa by’ubukangurambaga, berekana ubushake bwo
1
0
5
Rev. Ndayizeye Isaïe uyobora Itorero rya ADEPR, yahakanye amakuru yatangajwe ko yanze gusezeranya umuririmbyi Ishimwe Vestine n’umugabo we, basezeranyijwe n’umukozi w’Imana wo mu rindi Torero, avuga ko ibyatangajwe ari ibinyoma. https://t.co/57SsnyssQl
radiotv10.rw
Rev. Ndayizeye Isaïe uyobora Itorero rya ADEPR, yahakanye amakuru yatangajwe ko yanze gusezeranya umuririmbyi Ishimwe Vestine n’umugabo we Idriss Jean
2
0
17
Umugabo w’imyaka 35 wo mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, ari mu maboko ya RIB akurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside nyuma yuko avuze ko atajya mu muganda ngo kuko ari uw’Abatutsi, kandi ngo we ari Umuhutu. https://t.co/6Jog1ckTHo
radiotv10.rw
Umugabo w’imyaka 35 wo mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, ari mu maboko ya RIB akurikiranyweho ingengabitekerezo ya
3
1
16
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko mbere yuko akorana na General (Rtd) James Kabarebe hari byinshi byiza yari amuziho, ariko ko hari ibindi byinshi byiza yamumenyeho nyuma yuko bakoranye muri MINAFFET. https://t.co/MoT57EFTyL
radiotv10.rw
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko mbere yuko akorana na General (Rtd) James Kabarebe hari byinshi byiza
0
1
19
Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete bakurarikiye kuzitabira igitaramo cy’amateka “Umuyoboro 25 Years Concert” cya Alexis Dusabe kizaba ku Cyumweru tariki ya 14 Ukuboza 2025 muri Camp Kigali. Amatike yamaze kugera hanze, wayagura unyuze kuri https://t.co/XyI5OFf8RO aho
0
1
12
Sosiyete y'u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG), yatangaje ko mu bice bimwe by'Imirenge ya Kacyiru na Kinyinya mu Karere ka Gasabo, hateganyijwe ibura ry’umuriro w’amashanyarazi kubera imirimo yo gusana umuyoboro w'amashanyarazi iteganyijwe. https://t.co/rdlHaopWh2
radiotv10.rw
Sosiyete y'u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG), yatangaje ko mu bice bimwe by'Imirenge ya Kacyiru na Kinyinya mu Karere ka Gasabo,
2
0
8