Ishushotv Official
@ISHUSHOTV
Followers
1K
Following
1K
Media
7K
Statuses
7K
Taste ISHUSHO ADVERTISING to reach a wide Sports and cultural audience on TV and Social Media. (+250) 789 010 896
Rwanda
Joined January 2023
Indege y’intambara y’Abanya-Turikiya, Bayraktar KIZILELMA yabaye ‘drone’ ya mbere ku Isi ibashije kurasa igahamya igipimo mu kirere.Aya mateka mashya Abanya-Turikiya bayanditse mu cyumweru gishize, mu igerageza ryabereye ku nkengero z’umujyi wa Sinop.
0
0
0
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza urujijo ku by’umubano we n’itangazamakuru, nyuma y’uko White House ishyize ku rubuga rwayo urukuta ruzajya runyuzwaho ibitangazamakuru n’abanyamakuru ishinja gukoresha amakuru abogamye kandi ayobya rubanda.
0
0
0
Ni umuhango witabiriwe n’Umuyobozi wa FPR-Inkotanyi mu Mujyi wa Kigali akaba n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva, n’abandi bayobozi batandukanye, abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi bakorera Umujyi wa Kigali n’abaturage.
0
0
0
Abakozi b’ @CityofKigali baba mu muryango @rpfinkotanyi , bashyikirije Makuza Jean Claude inzu nshya ifite agaciro ka miliyoni 40 Frw bamwubakiye. Ni igikorwa kigamije gushyira mu bikorwa Manifesto y’Umuryango FPR–Inkotanyi yo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage
1
0
0
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubufatanye n’akarere w’u Burundi, Edouard Bizimana, yaciye amarenga ko igihugu cye gishobora kugirana ibiganiro hagati n’u Rwanda bigamije gukemura ibibazo bihari, nubwo bitari kwihuta ku rugero rushimishije.
0
0
0
Ibi byemejwe kuri iki cyumweru mu kiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku bikorwa bizaranga Rwanda Epic 2025.
0
0
1
Isiganwa ry’Amagare yo mu misozi “Rwandan Epic 2025” riratangira kuri uyu wa 1 Ukuboza 2025, aho rizaba ririmo abakinnyi 80 barimo Abanyarwanda 18 bazakina uduce dutanu mu bice bya Kigali n’Amajyaruguru y’u Rwanda. @cyclingrwanda
1
1
1
n’abapolisi kandi uri mu bishobora gutiza umurindi impanuka.
0
0
0
Abasenateri bagaragaje impungenge zo kuba Polisi idashobora gupima umunaniro w’abatwara ibinyabiziga kandi hari ubwo usanga uri mu bishobora guteza impanuka. Senateri Prof Dusingizemungu Jean Pierre, yavuze ko bikiri imbogamizi kuba umunaniro w’abashoferi udashobora gupimwa
1
0
0
Minisitiri w’Intebe wa Australie, Anthony Albanese yashyingiranye n’umukunzi we, Jodie Haydon, aba umuyobozi wa mbere w’igihugu urushinze ari ku butegetsi.Aba bombi barushinze ku wa 29 Ugushyingo 2025 mu birori byabereye mu Murwa Mukuru Canberra.
0
0
1
Perezida wa Kenya, William Ruto, yasabye urubyiruko cyane cyane abasore barengeje imyaka 25, kwiyemeza bagashinga ingo zabo, aho gukomeza gusiragira mu buzima budafite icyerekezo, burangwa no kwirirwa bazenguruka mu tubyiniro.
0
0
0
i Bangui, ku wa 29 Ugushyingo 2025, biyoborwa na Prof. Faustin Archange Touadéra, Perezida wa Repubulika ya Centrafrique. Abasirikare ba Centrafrique batojwe na RDF binyuze mu masezerano yasinywe hagati y’ibihugu yatumye mu 2020, u Rwanda rwohereza ingabo muri Centrafrique.
0
0
0
Ingabo za Repubulika ya Centrafrique (FACA) zinjije ku mugaragaro abasirikare bashya 545 barangije amahugurwa yabo y’ibanze ya gisirikare bahawe n’abarimu b’Ingabo z’u Rwanda (RDF). Ibirori byo gusoza amahugurwa byabereye mu kigo cya gisirikare cya Camp Kassai giherereye
1
0
0
Dr. Rwigema Pierre Célestin wabaye Minisitiri w’Uburezi na Minisitiri w’Intebe mu Rwanda afite ishimwe rikomeye kuri Perezida Paul Kagame wamufashije kongera kubona abana be mu bihe bigoye, no ku muryango FPR Inkotanyi wamugiriye icyizere.
0
0
0
Polisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mamba mu Karere ka @GisagaraDistr bakekwaho ruswa.
0
0
0
Ubuyobozi bwa Sosiyete L’Escargot des Grands Crus icururiza ibinyamujonjorerwa mu karere ka Bouz kari mu majyaruguru y’Uburasirazuba bw’u Bufaransa buri mu gahinda gakomeye nyuma y’aho abajura bayibye ibifite agaciro k’amayero agera ku bihumbi 90, asaga miliyoni 150 Frw.
0
0
0
Tuwitabire tuzirikana gukumira no kurwanya ruswa aho dutuye, tunategura inyangamugayo z'ejo hazaza ,dore ko uyu munsi uhura n'itangizwa ry'icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa (Itariki 29 Ugushyingo kugeza 09 Ukuboza 2025) #umuganda #RuswaOya
@RwandaOmbudsman
0
0
0
umukono ku mushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu.
0
0
0
basinye ‘amasezerano ya nyuma’ aherekeza amasezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC tariki ya 27 Kamena 2025. Byari byarateganyijwe ko Perezida Kagame na Tshisekedi bazahurira i Washington DC tariki ya 23 Ukwakira, ariko ntibyashobotse kuko intumwa za RDC zanze gushyira
1
0
0
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye guhurira na Perezida Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu cyumweru gitaha. Leta ya Amerika imaze igihe igerageza guhuriza aba bakuru b’ibihugu i Washington DC, kugira ngo
1
0
0