
IGIHE Sports
@IGIHESports
Followers
59K
Following
715
Media
18K
Statuses
29K
IGIHE Sports itangaza amakuru y’imikino itandukanye yo mu Rwanda no hanze. Intego yacu ni ukubagezaho amakuru yizewe kandi ku gihe!⚽⚾🏀🏈🏉🎾🎱🎳⛳🏌🏊
Rwanda
Joined July 2019
Amakipe abiri yo muri Sudani agiye gukina Shampiyona y’u Rwanda
igihe.com
Ikipe ya Al Hilal Omdurman n’iya Al Ahli SC Wad Madani zo muri Sudani, zombi zasabye gukina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda muri uyu mwaka w’imikino wa 2025/26.
9
3
68
Kepler VC yatsinze REG VC amaseti 3-0 (25-21, 25-18, 27-25) mu mukino ufungura Shampiyona ya Volleyball mu Bagabo.
0
2
14
🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥 Al Hilal Omdurman na Al Ahli SC Wad Madani zo muri Sudani, zasabye gukina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda muri uyu mwaka w’imikino wa 2025/26.
3
2
25
Ikipe yahagarariye u Rwanda mu Irushanwa Mpuzamahanga rya "FC Bayern Youth Cup 2025" mu Budage, yarisoje iri ku mwanya wa kabiri ndetse umunyezamu Nsengumuremyi Alfa ahembwa nk'umunyezamu mwiza w’irushanwa.
1
1
19
APR WVC yatsinze Kepler WVC amaseti 3-1 (19-25, 25-16, 25-23, 25-14) mu mukino ufungura Shampiyona ya Volleyball mu Bagore. Uyu mukino wabereye muri Petit Stade i Remera, ugiye gukurikirwa n'uhuza REG VC na Kepler VC mu bagabo.
0
2
8
🚨 ATTN. New Jersey: MIKIE SHERRILL… - Refuses to commit that she won’t raise New Jersey’s sales tax. - Her plan will “cost you an arm and a leg, but if you’re a good person, YOU’LL DO IT.” As Governor, Mikie Sherrill will make YOU PAY! Vote AGAINST her on 11/4.
5
29
83
Max Houkes azahura na Dinko Dinev naho Corentin Denolly ahure na Yassine Dlimi muri 1/2 cya "Rwanda Open M25" kizakinwa ku wa Gatandatu, ku bibuga bya Tennis byo muri IPRC Kigali. Imikino ya 1/4 yabaye kuri uyu wa Gatanu yasize Max Houkes asezereye Martin Van Der Meerschen
0
0
9
Gorilla FC yanganyije na Gicumbi FC 0-0 mu mukino ubimburira iy'Umunsi wa Kane wa Shampiyona, wabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Ku wa Gatandatu, Bugesera FC izakira Gasogi United, AS Muhanga na Etincelles FC, AS Kigali izakina na Marines mu gihe Rayon Sports izakira Rutsiro FC
0
2
8
🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥 Umunyamakuru wa RBA, Nkurunziza Ruvuyanga Emmanuel, yavuze ko ‘comment’ y’uko ari we munyamakuru wa mbere w’umuswa wabayeho, ari yo atajya yibagirwa mu bibi byamuvuzweho byose.
32
4
73
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda 'Amavubi', yamanutse imyanya ine ku rutonde rwa FIFA nyuma yo gutsindwa na Benin na Afurika y'Epfo mu mikino ibiri iheruka gukina ishaka itike yo kujya mu Gikombe cy'Isi cya 2026. Amavubi ari ku mwanya wa 131 avuye ku wa 127.
1
2
12
🎥𝐀𝐌𝐀𝐒𝐇𝐔𝐒𝐇𝐎🎥 Igisubizo cy'umunyamakuru wa RBA, Nkurunziza Ruvuyanga Emmanuel, ukunze gushinjwa kubogamira kuri APR FC. Kurikira ikiganiro kirambuye twagiranye: https://t.co/JO9GgHF5fw
3
1
25
Umufaransa Florent Bax wari guhura n'Umunya-Maroc Yassine Dlimi muri 1/4 cya "Rwanda Open M25", yikuye mu irushanwa kubera imvune. No mu cyumweru cya mbere, ntiyasoje umukino wa 1/2 kubera imvune.
0
1
10
AD: Dore imikino ine ya Rwanda Premier League izerekanwa na @startimesrwanda mu mpera z'iki cyumweru.
0
1
9
Igisubizo cya Twagirayezu Thaddée uyobora Rayon Sports ubwo yari abajijwe niba uko we na Paul Muvunyi uyobora ‘Board’ bagaragaza ko babanye mu bantu, atari ukurenzaho. Ati “Kurenzaho se si umuco wa Kinyarwanda? Muvunyi duhuye twahoberana nta kibazo.”
8
6
101
Twagirayezu Thaddée uyobora Rayon Sports, yavuze ko afite intego yo kuyihesha Igikombe cya Shampiyona ndetse akurikije ibihe iyi kipe irimo, imbere ari heza. Ati “Ibi biri kuba, by’ibibazo byinshi, njye ndababwira ko biganisha buri gihe ku bintu byiza. Ibibazo nitubisohokamo
0
1
9
Twagirayezu Thaddée yashimangiye ko nta bushobozi Inama y’Ubutegetsi ya Rayon Sports ifite bwo kumweguza ku buyobozi bw’iyi kipe. Ati “Usibye ko naneguye, bibaye ari byiza, ntabwo nababara. Ariko ‘Board’ yo nta burenganzira ifite bwo kunyeguza.” Yabivuze mu gihe hari amakuru
2
1
22
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko nta makuru afite ku modoka nshya y’ikipe iheruka kuvugwa.
8
2
22
Twagirayezu Thaddée uyobora Rayon Sports yavuze ko yanze gusinyisha Mosengo Tansele kubera ikinyabupfura mu gihe Mohamed Chelly yasinye kubera igitutu cy’umutoza Afahmia Lotfi.
2
1
10
Twagirayezu Thaddée yashimangiye ko mu cyumweru gitaha Rayon Sports izaba yabonye umutoza mushya w’Umunyafurika. Ati “Turashaka umutoza wo muri Afurika kuko bo baraza bagakomereza aho bigeze. Mu bo turi gushaka harimo abo muri Sénégal, Cameroun, Côte d’Ivoire n’ahandi. Mu
2
1
27
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yavuze ko abavuga ko yasabye umutoza Afahmia Lotfi kwitsindisha ubwo yari akiri muri Mukura VS, ari abashaka guhimba impamvu zitari ngombwa kuko bitigeze bibaho. Ati “Kuva icyo gihe kugera uyu munsi, hashize nk’amezi atanu, kuki
0
1
13
Rutahizamu wa APR FC, Djibril Ouattara, umaze iminsi adakina kubera uburwayi, yasuye bagenzi be ku myitozo yo ku wa Kane. APR FC iri kwitegura umukino w'Umunsi wa Kane wa Shampiyona izakiramo Mukura VS ku Cyumweru.
1
1
26