๐จ๐๐๐๐๐๐๐ ๐๐๐๐๐๐๐จ
Nyuma yโibiganiro yagiranye na Perezida Kagame kuri uyu wa Gatandatu, Perezida wa Afurika yโEpfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko ibibazo byโumutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo bizakemurwa mu nzira yโamahoro aho kuba iyโintambara.
Ati โMvuye muโฆ
@IGIHE
@UrugwiroVillage
. Uburyo Perezida Ramaphosa yicaye ni ikimenyetso cyo guca bugufi imbere y'Intwali ya Africa H.E Paul Kagame. Ni ikimenyetso cyo gutsindwa kwa FDRL na FARDC. Yehova, warakoze kuduha Kagame. Iyo utamuduha, u Rwanda rwari kuba Gehinomu. I'm proud to be A Rwandan.