IGIHE Profile Banner
IGIHE Profile
IGIHE

@IGIHE

Followers
812K
Following
23K
Media
88K
Statuses
170K

News & Media powerhouse based in Kigali, Rwanda. Follow our Business units: @Storykast_ | @inoventyk

Kigali
Joined September 2009
Don't wanna be here? Send us removal request.
@IGIHE
IGIHE
5 hours
U Rwanda rwasobanuye ko rutinginga ibihugu byarufatiye ibihano, birushinja uruhare mu bibazo by'umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC.
1
5
19
@IGIHE
IGIHE
5 hours
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatoye itegeko ryemeza Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa 27 Kamena 2025.
Tweet card summary image
igihe.com
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatoye itegeko ryemeza Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington muri...
0
0
1
@IGIHE
IGIHE
5 hours
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera kugerageza gukora intwaro za nucléaire, igihugu cye kizongera kuzisenya mu kanya nk’ako guhumbya.
Tweet card summary image
igihe.com
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera kugerageza gukora intwaro za nucléaire, igihugu cye kizongera kuzisenya mu kanya nk'ako guhumbya.
1
0
3
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Ubufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Brésil, ubwo ibi bihugu byombi byahuriraga mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku biribwa iri kubera i Addis Ababa muri Ethiopia.
Tweet card summary image
igihe.com
Ubufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Brésil, ubwo ibi bihugu byombi byahuriraga mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku biribwa iri...
0
1
3
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Mushiki wa Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru, Kim Yo Jong, yatangaje ko musaza we na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika batabanye nabi.
Tweet card summary image
igihe.com
Mushiki wa Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru, Kim Yo Jong, yatangaje ko musaza we na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika batabanye nabi.
2
1
7
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yavuze ko kugabanyuka kw’amazi y’Umugezi wa Nyabarongo byagize ingaruka zikomeye ku nganda zitanga amazi mu Mujyi wa Kigali zirimo ’Kigali Water Ltd’ na ’Nzove Water Treatment’.
Tweet card summary image
igihe.com
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yavuze ko kugabanyuka kw’amazi y'Umugezi wa Nyabarongo byagize ingaruka zikomeye ku nganda zitanga amazi mu Mujyi wa Kigali zirimo 'Kigali Water Ltd' na...
0
1
6
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Real Roddy yanyomoje amakuru avuga ko ari mu muryango winjira muri 1:55AM Ltd, avuga ko nta masezerano y’imikoranire ahari.
Tweet card summary image
igihe.com
Real Roddy yanyomoje amakuru avuga ko ari mu muryango winjira muri 1:55AM Ltd, avuga ko nta masezerano y'imikoranire ahari.
1
1
5
@IGIHE
IGIHE
6 hours
"Ntabwo tuzicara ngo turindire ko abantu baza gukora nk’ibyo bakoze mu 1994". Minisitiri Nduhungirehe yasobanuye impamvu ingamba z'ubwirinzi z'u Rwanda zitakurwaho umutwe wa FDLR utararandurwa.
1
17
104
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Abantu batatu bakekwaho kuba bari inyuma y’igitero cyahitanye abakerarugendo muri Kashmir muri Mata 2025, barasiwe mu gikorwa cyiswe ‘Operation Mahadev’.
Tweet card summary image
igihe.com
Abantu batatu bakekwaho kuba bari inyuma y’igitero cyahitanye abakerarugendo muri Kashmir muri Mata 2025, barasiwe mu gikorwa cyiswe ‘Operation Mahadev’.
1
0
2
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Logan Joe yahishuye ko yakuze akunda indirimbo ziganjemo iz’abaraperi bamenyekanye mu Rwanda mu myaka yo hambere, ariko nanone agakunda imiririmbire ya Gisa cy’Inganzo.
Tweet card summary image
igihe.com
Logan Joe uri mu bahanzi bagezweho yahishuye ko yakuze akunda indirimbo ziganjemo iz’abaraperi bamenyekanye mu Rwanda mu myaka yo hambere, ariko nanone agakunda imiririmbire ya Gisa cy’Inganzo.
1
0
4
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iz’u Bushinwa ziri mu mujyi wa Stockholm muri Suède, mu biganiro bigamije guhagarika intambara y’ubucuruzi yatutumbye hagati y’impande zombi mu ntangiriro z’umwaka wa 2025.
Tweet card summary image
igihe.com
Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iz’u Bushinwa ziri mu mujyi wa Stockholm muri Suède, mu biganiro bigamije guhagarika intambara y’ubucuruzi yatutumbye hagati y’impande zombi mu ntangiriro...
1
0
2
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rwasabye abahuza gushyiramo imbaraga bakumvisha RDC ko igomba gushyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano y'amahoro ibihugu byombi byashyizeho umukono.
3
5
22
@IGIHE
IGIHE
6 hours
Abasirikare batatu ba Uganda bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabareye mu mujyi wa Bunia, intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abandi benshi barakomereka.
Tweet card summary image
igihe.com
Abasirikare batatu ba Uganda bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabareye mu mujyi wa Bunia, intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abandi benshi barakomereka.
1
0
4
@IGIHE
IGIHE
7 hours
Uwankusi Nkusi Lynda uzwi nka Lynda Priya yahishuye umusore wigaruriye umutima, witwa Christian Irenge, avuga ko bamaranye umwaka n’igice ndetse batangiye imyiteguro y’ubukwe bateganya gukora umwaka utaha.
Tweet media one
Tweet media two
Tweet media three
5
1
53
@IGIHE
IGIHE
7 hours
Umuryango Orbis International wita ku barwayi b’amaso mu bihugu bitandukanye ku Isi wifashishije ibitaro byawo byo mu ndege, ‘Orbis Flying Eye Hospital’, watangiye kuvura ubaze abarwayi 40 bafite ibibazo by’amaso mu Rwanda.
Tweet media one
Tweet media two
Tweet media three
Tweet media four
0
2
24
@IGIHE
IGIHE
7 hours
AMASHUSHO: U Rwanda rwavuze inzira bizanyuramo hasenywa umutwe w'iterabwoba wa FDLR.
1
4
18
@IGIHE
IGIHE
8 hours
Perezida Alassane Ouattara uyobora Côte d’Ivoire kuri uyu wa 29 Nyakanga yatangaje ko aziyamamariza gukomeza kuyobora iki gihugu muri manda ya kane mu Ukwakira 2025.
Tweet media one
0
1
6
@IGIHE
IGIHE
8 hours
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ubwirinzi bw’u Rwanda buri hafi y’umupaka uruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buzahoraho igihe cyose ikibazo cy’umutekano gitezwa n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kitarafatirwa
Tweet media one
Tweet media two
2
0
13
@IGIHE
IGIHE
8 hours
“Mwaritanze ku rugamba rwo kubohora igihugu, muhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi kandi mugira uruhare rukomeye mu kongera kubaka igihugu cyacu.”. Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yashimiye abasirikare bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru n’abarangije amasezerano y’akazi ku
Tweet media one
Tweet media two
Tweet media three
1
0
24