
IGIHE
@IGIHE
Followers
812K
Following
23K
Media
88K
Statuses
170K
News & Media powerhouse based in Kigali, Rwanda. Follow our Business units: @Storykast_ | @inoventyk
Kigali
Joined September 2009
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatoye itegeko ryemeza Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa 27 Kamena 2025.
igihe.com
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatoye itegeko ryemeza Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Repubulika y’u Rwanda, yashyiriweho umukono i Washington muri...
0
0
1
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera kugerageza gukora intwaro za nucléaire, igihugu cye kizongera kuzisenya mu kanya nk’ako guhumbya.
igihe.com
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera kugerageza gukora intwaro za nucléaire, igihugu cye kizongera kuzisenya mu kanya nk'ako guhumbya.
1
0
3
Ubufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Brésil, ubwo ibi bihugu byombi byahuriraga mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku biribwa iri kubera i Addis Ababa muri Ethiopia.
igihe.com
Ubufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Brésil, ubwo ibi bihugu byombi byahuriraga mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku biribwa iri...
0
1
3
Mushiki wa Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru, Kim Yo Jong, yatangaje ko musaza we na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika batabanye nabi.
igihe.com
Mushiki wa Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru, Kim Yo Jong, yatangaje ko musaza we na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika batabanye nabi.
2
1
7
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yavuze ko kugabanyuka kw’amazi y’Umugezi wa Nyabarongo byagize ingaruka zikomeye ku nganda zitanga amazi mu Mujyi wa Kigali zirimo ’Kigali Water Ltd’ na ’Nzove Water Treatment’.
igihe.com
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yavuze ko kugabanyuka kw’amazi y'Umugezi wa Nyabarongo byagize ingaruka zikomeye ku nganda zitanga amazi mu Mujyi wa Kigali zirimo 'Kigali Water Ltd' na...
0
1
6
Real Roddy yanyomoje amakuru avuga ko ari mu muryango winjira muri 1:55AM Ltd, avuga ko nta masezerano y’imikoranire ahari.
igihe.com
Real Roddy yanyomoje amakuru avuga ko ari mu muryango winjira muri 1:55AM Ltd, avuga ko nta masezerano y'imikoranire ahari.
1
1
5
Abantu batatu bakekwaho kuba bari inyuma y’igitero cyahitanye abakerarugendo muri Kashmir muri Mata 2025, barasiwe mu gikorwa cyiswe ‘Operation Mahadev’.
igihe.com
Abantu batatu bakekwaho kuba bari inyuma y’igitero cyahitanye abakerarugendo muri Kashmir muri Mata 2025, barasiwe mu gikorwa cyiswe ‘Operation Mahadev’.
1
0
2
Logan Joe yahishuye ko yakuze akunda indirimbo ziganjemo iz’abaraperi bamenyekanye mu Rwanda mu myaka yo hambere, ariko nanone agakunda imiririmbire ya Gisa cy’Inganzo.
igihe.com
Logan Joe uri mu bahanzi bagezweho yahishuye ko yakuze akunda indirimbo ziganjemo iz’abaraperi bamenyekanye mu Rwanda mu myaka yo hambere, ariko nanone agakunda imiririmbire ya Gisa cy’Inganzo.
1
0
4
Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iz’u Bushinwa ziri mu mujyi wa Stockholm muri Suède, mu biganiro bigamije guhagarika intambara y’ubucuruzi yatutumbye hagati y’impande zombi mu ntangiriro z’umwaka wa 2025.
igihe.com
Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iz’u Bushinwa ziri mu mujyi wa Stockholm muri Suède, mu biganiro bigamije guhagarika intambara y’ubucuruzi yatutumbye hagati y’impande zombi mu ntangiriro...
1
0
2
Abasirikare batatu ba Uganda bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabareye mu mujyi wa Bunia, intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abandi benshi barakomereka.
igihe.com
Abasirikare batatu ba Uganda bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabareye mu mujyi wa Bunia, intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abandi benshi barakomereka.
1
0
4
President Kagame approves retirement of over 1,000 RDF personnel including nine Generals.
en.igihe.com
President Paul Kagame, who also serves as the Commander-in-Chief of the Rwanda Defence Force (RDF), has approved the retirement of 1,073 military personnel including nine Generals.
1
3
36